Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yahakanye gutukana no kuka inabi abo bakorana bamushinja. Hari abakozi ku rwego rw’Akarere ka Ruhango bamushinja kubatoteza no kubuka inabi bita...
Mu kurahira kwe Perezida w’Amerika Donald Trump, yiyemeje ko kwirukana abimukira bari muri Amerika badafite ibyangombwa byo kuhaba biri mu byihutirwa. Trump yarahiriye mu nzu kubera ubukonje bwi...
Perezida Felix Tshisekedi yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cye ko ari ngombwa ko u Rwanda rufatitwa ibihano kuko rufasha M23. Yasabye abo badipolonate ko ibihugu byabo bigomba gufatira ib...
Umwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye uvuga ko Inama Nkuru y’Uburezi, High Education Council( HEC) igiye kuyoborwa na Dr. Edward Kadozi usimbuye Dr.Rose Mukankomeje wari uri muri ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko kuva mu mwaka wa 2013 ubwo Itorero ryatangizwaga na Perezida Paul Kagame abantu 559,686 bamaze guto...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko n’ubwo amadini n’insengero byafungurwa ariko akajagari kayagaragayemo mu gihe cyatambutse gakwiye gucika. Mu kiganiro yaraye agiranye n’a...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Perezida Kagame yavuze ko yigeze guha ubuyobozi bwa DRC inama y’uko ibihugu byo mu Karere bifite imitwe ibihungabanyiriza umutekano byajyayo bigafatanya bikayirukana...
Umufaransa wari umunyapolitiki ukomeye mu batavuga rumwe na Leta akaba Se wa Marine Le Pen yapfuye afite imyaka 96. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byatangaje ko uyu mukambwe yari amaze iminsi a...
Justin Trudeau wari ugiye kumara imyaka 10 ari Minisitiri w’Intebe Wa Canada yeguye. Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi w’ishyaka ry’aba ...
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riyobora Uburundi, Révérien Ndikuriyo yavuze ko u Rwanda rudakwiye kwibaza k’ubufatanye ingabo z’Uburundi zagirana na FDLR kuko ngo ibya DRC ifasha uyu mutwe b...









