Umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan witwa Zabihullah Mujahid yavuze ko ibyo Donald Trump yanditse kuri Truth Social by’uko Afghanistan igomba gusubiza Amerika ikibuga cy’indege cya Bargam ari inzoz...
Itangazamakuru ryigenga mu Burundi rirataka ko rimaze hafi ibyumweru bibiri ryarahejwe mu biganiro bibera mu Nteko ishinga amategeko. Abashinzwe uburenganzira bwaryo bavuga ko ibiri gukorwa mu buyoboz...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Azerbaijan Ilham Aliyev bayoboye igikorwa cyo gusinya amasezerano y’ibihugu byombi mu mikoranire mu burezi, ubuhinzi, serivisi zo mu kirere n’ubucuruzi. Hak...
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko iby’uko abanyamahanga bemerewe gukora ubucuruzi buto buto burimo amaduka, ubugeni, ubukorikori n’ibindi, batazongera kubyemererwa. N’ubusan...
Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 Corneille Nangaa avuga hari abasirikare 7,400 bahunze igisirikare cya DRC bihuza n’umutwe ayoboye. Nangaa avuga ko hari abandi bashaka kugana igisirikare ayoboye bakaza...
Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 15 Nzeri 2025, ikaba muri byinshi yagarutseho yibanze ku ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi riri gukorwa muri iki kgihe k...
Inteko Rusange y’Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kujya yubaha u Rwanda, ikamenya ko rutari insina ngufi buri wese ac...
Sébastien Lecornu uherutse kugenwa ngo abe Minisitiri w’Intebe w’Ubufaransa arateganya impinduka zikomeye mu micungire y’umutungo wa Leta zirimo no gukuraho ibyo abahoze muri Guverinoma bagenerwaga. N...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Imitwe yombi, bari mu biganiro bigamije gusesengura ibiherutse kuvugwa n’Abagize Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi by’uko u Rwanda rugomb...
Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...









