Ijambo Perezida Kagame yavugiye mu nama yahuje abayobozi muri Afurika yiga ku mutekano wayo ryagarutse kuri byinshi birimo n’uruhare abayituye bakwiye kugira mu mutekano wayo. Inama yabivugiyemo ni m...
IBUKA yamaganye iyicwa rya Nyirangirinshuti Thérésie w’imyaka 67 wo mu karere ka Nyamasheke wishwe mu minsi ishize n’abantu batari bamenyekana kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru. Icyakora hari abafashwe...
Abaganga baherutse gusuzuma uwahoze ari Perezida wa Amerika, Joe Biden, bamusangana cancer ifata ubugabo kandi iri ku kigero cyo hejuru cyane. Abo mu Biro bye nibo baraye babitangarije ABC News, ndets...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Irere Claudette aherutse kunenga ko abana 22,000 bo mu Ntara y’Amajyaruguru bataye ishuri mu mwaka wa 2024/2025, akemeza ko bakwiye kurigarurwamo. Mu n...
Kuri iki Cyumweru Tariki 18, Gicurasi, 2025 nibwo Papa Lewo XIV ari butangire inshingano ze ku mugaragaro nyuma ya Misa imuragiza Imana iri busomerwe ku mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero iri i Roma. Ab...
Ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya Gatulika ku isi bukorera mu Mujyi ukaba na Leta ya Vatican bwatangaje ifoto ya Papa Lewo XIV yemewe itagira indi iyisimbura igomba kumanikwa ahantu hose hahesha icyubahir...
Umudepite wo mu ishyaka riharanira iterambere ry’Abatwa bo mu Burundi witwa Jean-Baptiste Sindayigaya yakubiswe n’abantu batahise bamenyekana benda kumumena ijisho. Yabwiye itangazamakuru ryo mu gihug...
Eddie Mutwe wari usanzwe ari mu basore barindira Bobi Wine umutekano yashimuswe ajyanwa ahantu hataramenyekana nk’uko ishyaka ry’uriya munyapolitiki ryitwa National Unity Platform, NUP, ribyemeza. Kur...
Ikigo cya Uganda gishinzwe irangamuntu n’irangamimerere, The National Identification and Registration Authority, NIRA, cyatangaje ko guhera tariki 27, Gicurasi, 2025 buri muturage ufite imyaka y’ubuku...
Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri, Inès Mpambara yashimiye abagore bo mu Karere ka Kamonyi bagize ubutwari batanga ubuhamya bw’ihohoterwa bakorewe mur...









