Donald Trump yasinye inyandiko yemeza ko nta ndege zo mu bihugu 12 zemerewe kuza muri Amerika. Ibyo bihugu birimo Afghanistan, Haiti na Iran , Trump akemeza ko Amerika idakenye abo bantu. Ari: ”...
Umwuka wasubiye kuba mubi hagati ya Israel na Syria kubera ibisasu biva mu Majyepfo ya Syria bikagwa muri Israel. Ibi bisasu byatumye ingabo za Israel nazo zirasa mu bice ibyo bisasu biturukamo mu rwe...
Guverineri wa Ituri Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama avuga ko abasaba ingabo za DRC kwitanga ku rugamba baba bazishinyagurira kuko zishonje cyane. Mu minsi 30 y’ukwezi, baryamo iminsi 15 gusa...
Minisitiri ushinzwe itumanaho n’ikoranabuhanga muri Guverinoma y’Uburundi witwa Léocadie Ndacayisaba yabwiye abanyamakuru bo muri iki gihugu kwirinda ikintu cyose cyazakurura amacakubiri mu baturage m...
Perezida wa DRC Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko igihugu cye gikwiye kwemererwa kujya mu Kanama Ka UN gashinzwe amahoro ku isi kuko ari igihugu gifite ijambo muri Afurika. Arashaka ko igihugu cye ki...
Guhera Tariki 25, Gicurasi, 2025 Joseph Kabila akomeje guhura n’abavuga rikijyana barimo n’inararibonye z’i Goma. Kuri uyu wa Gatanu yaganiriye n’abasaza bakuru barimo n’abami bane. Abo bami ni Mwami...
Abayahudi b’i New York baramagana ibyo Israel iri gukora muri Gaza, bakavuga ko ari akarengane gakomeye iri guteza abahatuye. Ababyamagana ni abagize itsinda mu Giheburayo bita Neturei Karta mu Kinyar...
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yatangaje ko yamaze gusezera mu nshingano za Politiki yari yarahawe zo gushyira ku murongo imikorere myiza ya Guverinoma. Inshingano ze zari izo kureba niba nta bako...
Mu ijambo umwami w’Ubwongereza Charles III akaba n’Umuyobozi mukuru wa Commonwealth yabwiye ubuyobozi bwa Canada ko aho ibintu bigeze, ari ngombwa gufatanya hirindwa ko iki gihugu cyakomekwa kuri Amer...
Bertrand Bisiimwa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yaburiye yasabye ingabo z’u Burundi ziri muri RDC gutaha iwabo bigishoboka kuko abo zaje kurwanya ari abantu barwanira uburenganzira bwabo. Uyu mun...









