Donald Trump yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ko yabujije Israel kwica Umuyobozi W’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei. Avuga ko Israel yari ifite umujinya n’ubush...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Ntiharamenyekana igihe nyacyo bizabera, ariko ikizwi ni uko Israel iri gutegura igitero vuba aha kuri Iran nk’uko itangazamakuru ryo muri ibi bihugu byombi ribyemeza. Si ho gusa babivuga batyo ahubwo ...
Imibare yatangajwe na Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI yerekana ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’abayobozi ba za Komini z’Uburundi ryerekana ko ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ari ryo...
Emmanuel Macron yatangaje ko agiye gusuzumira hamwe n’abanyamategeko uko abana bafite munsi y’imyaka 15 y’amavuko batakwemererwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Iki gitekerezo gifitwe kandi n’Ubugerek...
Bavuga ko uguhiga ubutwari mutabarana. Ukuri k’uyu mugani kuri kugaragara muri iki gihe hagati y’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk(afite Miliyari $401) na Perezida Donald Trump uyobora Amerika, igiha...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri uvuga ko mu rwego rwo kunoza imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, abanyeshuri bazajya biga amasomo y’ingenzi n’andi ‘bihitiyemo’. Guver...
Abaturage ba Leta ya California bamaze iminsi mu myigaragambyo ikomeye bashishikarijwe na Guverineri wabo witwa Gavin Newsom. Igamije kwamagana Politiki ya Washington yerekeye abimukira. Igitangira, a...
Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati mu mwaka wa 2015 na 2021 yipfuye afite imyaka 68. Umukobwa wa Lungu usanzwe ari Umudepite, Tasila Lungu Mwansa niwe wabitanhaje avuga ko Se yapfiriye mu bi...









