Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hazakorwa ibizamini birangiza amasomo y’icyiciro rusange n’ibirangiza amashuri yisumbuye muri rusange. Imibare y’abana bazabikora igaragaza ko bi...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Major General James Birungi wahoze ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo z’Uganda guhera mu mwaka wa 2020 kugeza 2025, yoherejwe mu Burundi guhagararira inyungu za gisirikare, ibyo mu Cyonger...
Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...
Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Umucamanza w’Urukiko Rukuru rwa Kigali yategetse ko Victoire Ingabire arwitaba akabazwa iby’abayoboke bivugwa ko ari ab’ishyaka rye DALFA Umurinzi baregwa gushaka guhirika ubutegetsi hadakoreshe...
Ishyaka riharanira kwishyira ukizana kwa buri wese, Parti Libéral, PL, ryaraye ritangaje ko rigiye gukomeza gufasha inzego za Leta kugera ku ntego z’iterambere ryiswe NST 2. U Rwanda rwiyemeje ko izo ...
Ubwo harangizwaga Igihembwe cy’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abayigize bemeje ku bwiganze ko Ubushinjacyaha bwemerewe gutangira gukurikirana Minisititi w’Ubutabera Con...
Abaturage bane ba Israel baraye biyongereye kubo ibisasu bya Iran bimaze guhatana guhera kuri uyu wa Gatandatu ubwo iki gihugu cyatangiraga kwihorera ku gitero Israel yakigabyeho kikica abakomeye. Hag...









