Abavuga rikijyana bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo basabye Minisitiri w’ingabo witwa Guy Kabombo Muadiamvita kohereza abasirikare benshi muri iriya Ntara, bakavuga ko bikwiye kuko hatazakomeza kugenzur...
Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ibyemezo byinshi birimo n’ibishyira mu nshingano abayobozi bashya. Bamwe muri bo ni Jean Marie Vianney Gatabazi wajyanywe mu Kigo gishinzwe gu...
Mu Karere ka Rusizi haravugwa ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi ishingiye ahanini ku barangije ibihano bakatiwe kubera Jenoside bakoze n’ibitekerezo abatuye aka Karere babibwamo n&...
Minisitiri w’abakozi muri Cuba witwa Marta Elena Feitó Cabrera yegujwe nyuma kuvugira mu Nteko ko nta bantu basabiriza baba mu gihugu. Byarakaje benshi ku buryo na Perezida wa Repubulika yamukom...
Mu Karere ka Nyamagabe hari abayobozi basabwe kwegura barabyanga, abavugwaho ibyo ni Umuyobozi w’Ishami ry’Imiyoborere n’Umuyobozi mu biro by’Inama Njyanama. Icyakora hari abandi babyumvise barabyumva...
Sena y’Uburundi yemeje ba Guverineri bashya bo kuyobora Intara z’iki gihugu zirimo n’iziherutse gushingwa bushya. Tariki 04, Nyakanga, 2025 nibwo Guverinoma y’iki gihugu yatangaje ko hari Intara nshya...
Donald Trump avuga ko yayobewe uko Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yabaye! Ngo bemeranya ibintu undi akaba afite ukundi ari bubigenze. Mu kiganiro yahaye BBC binyuze kuri telefoni, Trump yabajijwe ...
Kugeza ubu harabarurwa abantu 30 baguye mu mirwano yadutse mu Majyepfo ya Syria hagati y’aborozi b’Abasunni n’abarwanyi b’aborozi bo mu gace ka Druze karimo abafite imyumvire y...
Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo na Sosiyete Sivile basohoye itangazo rivuga ko ibyemerejwe i Washington hagati ya Kigali na Kinshasa hari abo byir...
Byatangiye Tariki 08, Nyakanga, mu nama ikomeye y’umutekano ubwo havukaga impaka hagati ya General Tshiwewe na Lieutenant General Jean-Claude Yav zazamuye umujinya ukomeye hagati yabo. Hari saa ...









