Benyamini Netanyahu mu Cyumweru gitaha arahura n’amahurizo menshi ari mo no guhitamo kwemera ibyo azasabwa na Amerika ngo intambara arwana na Hamas muri Gaza irangire. Kuri uyu wa Mbere Tariki 29, Nze...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko bidakwiye ko Afurika ihezwa mu Kanama gashinzwe umutekano ku isi kandi ari yo ikunda kubura amahoro kurusha ahandi. Yabibwiye In...
RDF yasohoye itangazo kuri uyu wa 24, Nzeri, 2025 rivuga ko hari umusirikare w’u Rwanda wayobye ajya mu Burundi, atabigambiriye. Iryo tangazo rigira riti: “Uyu munsi, ku wa 24 Nzeri 2025, ...
Perezida Kagame mu ijambo yabwiye abaje mu gikorwa cyo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Misiri ko isinywa ryayo ari ikimenyetso kerekana ko umubano hagati y’ibihugu byombi muri iki gihe uhagaz...
Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere. Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigeng...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye i New York ko iyo u Rwanda ruvuga ko rwacyuye ingabo zarwo ziba mu gihugu cye, biba atari byo. Yabibwiye abanyamakuru baje mu ...
Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Hari Abakuru b’Imidugudu yo mu Karere ka Musanze bavuga ko bakeneye telefoni zabo bwite kandi zikoresha murandasi kugira ngo bajye batanga raporo z’akazi batiye abaturage. Abaganiriye n’itangazamakuru...
Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...









