Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Ku rukuta rwe rwa X, Justin Bitana Munyazesa arishimira imyaka itandatu ishize abaye umusirikare w’Amerika. Avuga ko muri icyo gihe cyose yakoze uko ashoboye aba umusirikare mwiza warahiriye kurinda i...
Abanyarwanda bakunda umupira w’amaguru by’umwihariko n’abakunda igihugu cyabo muri rusange baraye bishimiye ko Amavubi yijajaye atsindira Benin kuri Stade Amahoro ibitego 2-1. U Rwanda na Benin bisanz...
Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
APR Volleyball Club na APR Women Volleyball Club zegukanye Irushanwa ryitiriwe Nyerere ryiswe Nyerere Cup ryaberaga muri Tanzania. Kuri uyu wa Mbere taliki 14, Ukwakira, 2024 nibwo ryarangiye APR VC i...
Munyangeyo Dieudonné Kennedy wayoboraga Televiziyo y’u Rwanda yeguye ku buyobozi bwayo nyuma y’uko WASAC itangaje ko yasanze ayiba amazi. Niwe watangaje ko yeguye hanyuma RBA nayo itangaza ko yemeye ...
Mu kiganiro cyahawe abanyamakuru kuri uyu wa Mbere abari basanzwe babyaza umusaruro Kigali Heights bavuze ko bayigurishije n’ikigo cy’ubucuruzi YYUSSA Company Ltd ku giciro cya Miliyari Fr...
Ikigo kitwa Kigali Heights Development Company giherutse kugura inyubako ikomeye yo mu Mujyi wa Kigali yitwa Kigali Heights. Mu masaha y’umugoroba hateganyijwe ikiganiro n’itangazamakuru kiri bugaruke...
Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Mu bayobozi bashya biyongereye mu ikipe ya APR FC ni, Lt Col Alphonse Muyango wagizwe umuyobozi ushinzwe ibikoresho, mu gihe Captain Muziranenge we yagizwe umuyobozi ushinzwe ubuyobozi n’imari (admini...









