Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zisha...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko hari kwigwa uko mu masaha y’urujya n’uruza rwinshi muri uyu mujyi hazashakwa uko imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihabwa imihanda yazo gusa. Ni um...
Bujyacyera Jean Paul uzwi mu biganiro by’imyidagaduro ku Isango Star wamamaye ku izina rya Gutermann Guter yatangiye kubaka ishuri ry’abana bato rizuzura rifite agaciro ka miliyoni Frw 120. Icyifuzo ...
Ku nshuro ya mbere Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera agiye gukorera igiterane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yakise ‘Connect Conference...
Kuri iki Cyumweru taliki 20, Ukwakira, 2024 mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Nyarutunga mu Murenge wa Nyarubuye, mu Karere ka Kirehe habereye ibyago bikomeye aho inkuba yishe amatungo 24 arimo inka u...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko icyorezo cya Marburg cyadutse mu Rwanda kivuye mu ducurama ariko atavuze aho twari turi. Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru kitabiriwe n’Umuyobo...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye irahira rya Minisitiri Dr. Patrice Mugenzi washinzwe ubutegetsi bw’igihugu na Dr .Mark Cyubahiro Bagabe w’ubuhinzi n’ubworizi, Perezida Kagame yabwiye abo bagabo ko Mi...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi Edouard Bamporiki na (Rtd) CG Emmanuel Gasana bari barafunzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha. Muri Mutarama, 2023 nibwourukiko rukuru rwahanishije E...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye yanzura ko Dr. Patrice Mugenzi ayobora Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye Musabyimana Jean Claude naho Dr. Marc Cyubahiro Bagabe asimbura Minisitiri w’U...









