Perezida Paul Kagame yaraye ahembewe kuba Umunyafurika w’umwaka wa 2024 nyuma y’uko abamuhaye iki gihembo basuzumye bagasanga nta wundi wamuhize mu kuzamura ubukungu bw’Afurika. Iki gihembo kigenerwa ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze umugabo w’imyaka 39 ukekwaho kujya Kwa Sebukwe agatema umugore we wari wahahukaniye. Uwo mugore we afite imyaka 30 y’amavuko. Mu gicuku ahagana Saa cy...
Imvura yaraye iguye henshi mu Mujyi wa Kigali yateje ibiza birimo n’umukingo wagwiriye abana babiri bibaviramo urupfu. Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwi...
Abavandimwe batatu bo mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo baraye bakubiswe n’inkuba irabica. Bose bari bakiri bana bari basigaye mu nzu Nyina asohotse. Byabereye mu Mu Mudugudu wa Gikumba, Akaga...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi( ni amapingu) umushinjacyaha wo ku rwego rw’ibanze ukorera mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi akurikiranyweho ruswa no kwaka indonke...
Paul Kagame yizihirije umunsi we w’amavuko aho ari mu birwa bya Samoa. Yagiye yo yitabiriye Inama ya CHOGM, Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza akaba ari nawe ubiyoboye mu myaka ibiri. Perezida ...
Umuturage usanzwe wikorera ku giti cye avuga ko ibyo umuyobozi muri RAB ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi aherutse gutangaza by’uko mu myaka itanu iri imbere buri rugo ruzaba rworoye inkoko, byagombye ahub...
Me Samuel Nkubayingoga umunyamategeko w’Uruganda Ingufu Gin Limited avuga ko ubwo babonaga ko ubwo babonaga ko hari abantu bigana inzoga z’uruganda rwabo, byababaje bityo agiye kubatangira ikirego. Mu...
Umwe mu bagenzacyaha ukorera mu Mujyi wa Kigali aherutse guhabwa ruswa n’umwe mubo Urwego rw’Ubugenzacyaha rwari rwafashe arayanga. Ni ruswa ya Miliyoni Frw 4 zirenga. Uwo mugabo yari umwe mu bantu 1...
Inzu z’abacururiza mu Mudugudu wa Mizingo, Akagari ka Rega, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu zafashwe n’inkongi. Ni inkongi yadutse hagati ya saa kumi n’ibyiri gice na saa moya. Umunyamabanga ...









