Mu Murenge wa Nyarugenge ahateganye na BRD hatashywe Ikigo Nyafurika cy’imiti, Africa Medicines Agency, AMA. U Rwanda nirwo rwatsindiye iki cyicaro nyuma yo guhigika ibihugu icyenda byagishakaga. Mini...
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye iteye Abanyarwanda n’Umuyobozi wabo Paul Kagame akanyamuneza nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Djibouti ibitego bitatu ku busa. Hari mu mukino wo kwishyura mu ijonjor...
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuzafunga Miss Muheto Divine Nshuti kuzafungwa umwaka n’amezi umunani. Muheto yemeye ibyo aregwa ariko ahakana ko atigeze ahunga. Kuri uyu wa 31 ...
Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwanzuye ko Dr.Eugène Rwamucyo afungwa imyaka 27 nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside. Nyuma yo gukatirwa, abaje kumushyigikira bagaragaje uburakari rurangiy...
Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa ...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri mu Karere ka Bugesera ahari icyanya cy’inganda haraye hadutse inkongi yafashe rumwe muri izo nganda rukora imyenda rwitwa Sunbelt Textiles Rwanda. Uru ruganda ruhereye ...
Prudence Sebahizi yageze i Bujumbura mu Burundi yitabiriye Inama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Uburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA) itangira kuri uy...
Itangazo rya Polisi y’u Rwanda ryemeza ko Miss Muheto Divine yafashwe kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo. Yasanzwe kandi nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agir...
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kuzakatira igifungo cy’imyaka 30 Umunyarwanda Dr.Eugène Rwamucyo ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatu...
Sosiyete ya Prime Energy Ltd itunganya umuriro w’amashanyarazi ishima ko yabonye amafaranga ahagije izakuramo ayo kubaka urugomero rwa Rukarara VI ruhereye mu Karere ka Nyamagabe. Yabonye ayo mafarang...









