Mu rwego rwo gufasha abohereza hanze imbuto n’imboga kubikora neza, ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, na USAID, bahaye bamwe muri bo im...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Ruhango na Muhanga yafashe abantu 51 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko. Bafatanywe ibilo 700 bya gasegereti, lithium na coltan. Ab...
Uwayo Divin wari usanzwe ari umunyamakuru kuri RBA yashinzwe kuyobora radio zose za RBA. Bikubiye mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa RBA, rikaba rikubiyemo n’uko Ines Ghislaine Nyinawum...
Abagore baturutse mu bihugu by’Afurika bari mu Rwanda mu nama y’iminsi ibiri n’igice biga ibikibangamiye abakobwa mu kwiga Sciences muri Kaminuza. Bavuga ko bitumvikana ukuntu abagore n’abakobwa biga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo amakuru yamemyekane ko inzego z’umutekano za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zafunze umupaka witwa Grande Barriere uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Uyu mupaka us...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uducurama twazanye Marburg mu Rwanda twabanje kwanduza umugabo wakoraga mu kirombe cy’amabuye y’agaciro mu gace gaturanye n’Umujyi wa Kigali. Sabin Nsanzimana ushinzwe Mi...
Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...
Abaganga bavuga ko cancer y’ibere ari ikibazo gikomereye Abanyarwandakazi, bagasabwa kwisuzimisha igihe cyose bumvise ko mu ibere harimo akabyimba ariko kataryana. Ako kabyimba wakwita ‘akabuye&...
Ikigo cy’imari cya BK Capital cyahembewe kuba Umuhuza mwiza w’Isoko ry’Imari n’Imigabane mu Rwanda mu mwaka wa 2024. Iki kigo gishinzwe kugurisha imigabane kikaba cyahembewe uruhare rwacyo mu buhuza k...
Mu bukungu umusaruro ku isoko ugira ingaruka ku biciro. Umusaruro w’ibikomoka ku bworozi mu Rwanda, by’umwihariko, utubuka cyangwa ugatuba kubera impamvu zitandukanye. Bimwe mubyo aborozi bavuga ko b...









