Mu Kagari ka Rutabo, Umurenge wa Kinazi muri Ruhango hafatiwe abaturage batandatu Polisi ivuga ko bategaga abantu bakabambura. Ni ubujura Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Po...
I Yokohama mu Buyapani hatangiye inama mpuzamahanga ihuza Afurika n’iki gihugu yitabiriwe n’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga, ibanziriza izahuza Abakuru b’ibihugu izaba mu minsi iri imbere. Bayita ...
Haba ikipe y’igihugu y’abagabo ya Basketball haba n’iy’abagore yombi yasezerewe mu marushanwa nyafurika ya Basketball yari yaritabiriye, ataha amara masa. Ikipe y’abagabo yari ihagarariye u Rwanda mu ...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Perezida wa Repubulika yatangaje ko we n’umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana kandi ko bifatanyije n’umuryango we n’Abanyarwanda bose muri rusange muri i...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kimaze gutangaza ko Kirehe, Kicukiro na Ngoma ari two Turere twatsindishije cyane kurusha utundi, aka nyuma kaba aka Nyaruguru. Ni...
Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora. Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibiny...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi Ngoga Aristarque yatangaje ko mu minsi itanu ishize, ibiza byatewe n’imvura byahitanye abantu batanu, bane bicwa n’inkuba. Inkuba nizo zik...
Germaine Uwera wiga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya siyanse na tekinoloji avuga ko iyo arebye uko bagenzi be bitabira kwiga siyansi asanga basigaye biyiyumvamo kurusha mbere. Yabwiye Taarifa...
Hari amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutanga imiti, Rwanda Medical Supply Limited, n’icyo muri Qatar kitwa Philex Pharmaceuticals yo gufasha u Rwanda gukora no kugeza ku batu...









