Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
Umugabo witwa Nziza wo mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma yafashwe na Polisi ifatanyije na RIB nyuma yo gukekwaho kwica Pauline Nduwamungu, uyu akaba umukecuru yishe arangije amuca umutwe. Ya...
Ku bufatanye na Minisiteri ya ICT na Inovasiyo, Airtel Rwanda yatangije murandasi y’igisekuru cya kane bita 4G ikora aho uyifite yaba ari hose mu Rwanda. Izakora mu Rwanda hose ku kigero cya 95% kandi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyahawe moto 39 zo kugeza ku bigo nderabuzima n’ibitaro byo hirya no hino mu Turere dutanu kugira ngo zizafashe abajyanama b’ubuzima kugera ku...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yitabye Sena ngo asobanurire abayigize bimwe mu byo basanze uru rwego rushinzwe ubuzima bw’ifaranga ry’u Rwanda rudatunganya neza. Birimo kuba hari inyan...
Mu kigo Vivo Energy Rwanda basaba abafite stations zicuruza ibikomoka kuri Petelori gukorana nabo kugira ngo babarebere niba nta binyabutabire bidakwiye bibirimo. Umukozi wacyo witwa Felix Ufiteyezu a...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2024, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemereye u Rwanda miliyoni Є 20 zo gukomeza guhangana n’inyeshyamba ...
Ukurikije aho ibiganiro byo kwakira iri rushanwa mpuzamahanga bigeze, ushobora kwemeza ko niba nta gihindutse mu mwaka wa 2028, u Rwanda ruzakira irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa mu modoka bita Fo...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...
Mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze hari umwana w’umukobwa w’imyaka 12 urera abavandimwe be batatu. Abaturanyi b’abo bana babwiye itangazamakuru ko abo bana bagiye kumara imyaka ibiri bibana. Abab...









