Abahanga mu by’imiti bavuga ko imibiri y’abaturage yatangiye kutakira imiti runaka kubera ko bayiyimenyereje kandi batayandikiwe n’abaganga. Ni ikibazo abahanga bavuga ko kibangamiye ubuzima rusange k...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Polisi y’u Rwanda yaraye ikoreye umukwabo mu Mudugudu wa Agateko, Akagari ka Kibeho mu Karere ka Nyaruguru ihafatira barindwi ikekaho ubujura bwari bumaze iminsi buhavugwa. Umukwabo wa Polisi ub...
Kuva kuri uyu wa 20 kugeza kuwa 22, Ugushyingo, 2024, mu Karere ka Rwamagana hateraniye inama ihuza Croix-Rouge y’u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo. Yamurikiwe ikigo cyo kuzafasha urubyiruko kwihangi...
Uhereye ku mupaka wa Kagitumba uri mu Murenge wa Matimba aho urugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiriye, ukagera ku buhinzi bw’ibigori bwaguye kandi bwuhira buri i Gabiro, ugakomereza ku nganda...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA), kivuga ubutane hagati y’abashakanye bubangamira uburere bwiza bukwiriye guhabwa abana. Abahanga mu mikurire y’abana bemeza ...
RwandAir yatangije ingendo z’indege itwara imizigo mu Murwa mukuru wa Zimbabwe ari wo Harare. Kuri X, ubuyobozi bwa RwandAir bwanditse ko iyo ari intambwe itewe kandi ari n’uburyo bwo kunoza imi...
Steve Harvey kuri uyu wa Gatatu yaganiriye na Perezida Paul Kagame ku nzego yazashoramo imari cyane cyane mu byerekeye imyidagaduro. Ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ubusanzwe yitwa Broderick Step...
Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza. Inzoga k...
Dr. Patrice Mugenzi uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu avuga ko abaturage bagira uruhare rungana na 74% mu byemezo bifatwa mu igenamigambi ry’igihugu. Yabwiye RBA ati: “ Kugeza ubu, uruhare rw...









