Mu Mudugudu wa Kabuga mu Kagari ka Nyamwumba, mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abantu batatu bagwiriwe n’ikiombe bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro...
Dusenge Ariane ukora mu Ihuriro ry’Imiryango y’abafite ubumuga, NUDOR, avuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina ribakorerwa ribashegesha bityo ko abantu bose harimo n’abanyabugeni b...
Tariki 25, Ugushyingo, 2024 i Luanda muri Angola habereye inama yahuje Minisitiri Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na mugenzi we Judith Kayikwamba Wagner wa DRC, iganirirw...
Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Mu rwego rwo gushima umuhati bagize mu buhanzi mu mwaka wa 2024 mu Karere k’Ibiyaga bigari, abahanzi bo muri aka Karere barimo abakomoka mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bigize ikitwa Magic Vibe Awa...
Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...
Abayobora ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na RD Congo bemeje inyandiko inzobere zashyizeho ivuga ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro mu kurandura FDLR nk’uko Ibiro ntaramakuru bya Angola bib...
Mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’amatungo magufi bigakekwa ko ari imbwa ziyica. Nazo zatangiye guhigwa bukware hakaba hari ebyiri zishwe. Ibarura rivuga ihene esheshatu n...
Abagize urugaga rw’abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda baherutse gutangaza ko bazatanga umusanzu ufatika mu kubaka umuhanda wa gari ya moshi u Rwanda ruteganya kubaka ku bufatanye n’Ubushinwa. Ni umu...








