Polisi y’u Rwanda, Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rubavu, yafatanye umugabo w’imyaka 31 imifuka irimo ibiyobyabwenge by’urumo...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge, Rwanda Standards Board, kivuga ko abayobora ibigo mu mashuri ayo ari yo yose bagomba kumenya ko mu gikoni atari ahantu hasanzwe. Ni ubutumwa iki kigo cyageneye...
Mu Rwanda hagiye gutangizwa gahunda yiswe Rwanda Soil Information System (RwaSIS) izafasha abahinzi b’ibirayi kuzamura umusaruro ku kigero cya 20% mu myaka mike iri imbere. Ni gahunda izakoresha ikor...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yatangaje ko mu mwaka wa 2035 buri muturage azinjiza $ 5,000 ku mwaka. Ubu yinjiza $ 1,000. Minisitiri Sebahizi avuga ko biri mu rwego rwo kugera ku ...
Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko ku munsi Abanyarwanda hafi icyenda bandura SIDA, n’aho barindwi ikibahitana. Abo barindwi bicwa na SIDA baza biyongera ku bantu bapfa ...
Uwo ni umupaka u Rwanda rusangiye na Uganda. Abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka ku mpande zombi bahuye bemeranya ku buryo bwazakoreshwa ngo umutekano muri ibyo bice urusheho kunoga. Mu mpera z...
Polisi mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango yafunze Umukuru w’Umudugudu ari kumwe n’abaturage babiri ibakurikiyeho gukubita no gukomeretsa umwana w’imyaka 17 witwa Cyubahiro Inno...
Nk’uko byari biteganyijwe, Perezida Kagame yageze Arusha muri Tanzania aho yitabiriye Inama ya 24 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ibiro Village Urug...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Einat Weiss uhagarariye Israel mu Rwanda avuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore bo mu Rwanda n’ahandi ku isi ari icyorezo gishengura umubiri na roho. Yavuze ko iki kibazo ki...









