Ubuyobozi bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-mu ishami ryo gukumira ibyaha- bwasabye abayobozi mu nzego z’ibanze kutamenya ngo bahishire ishohoterwa rikorerwa abana n’abagore. U Rwanda hamwe n’ahan...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina, nyuma y’igihe rumukoraho iperereza kubyaha byo gutanga amabwiriza ku bakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye iri mu ifamu ye...
Uyobora Umurenge wa Nyamyumba yandikiwe ibaruwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bumusaba gutanga ibisobanuro by’impamvu abaturage ayoboye barwaye amavunja. Abo mu Mudugudu wa Pfunga mu Kagari k...
Narangwe Celéstine Liliane, akaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Karongi by’agateganyo avuga ko igipimo cy’amazi yagejejwe mu ngo z’abagatuye ari kiza ku buryo yakwemeza ko i...
Kuri uyu wa Gatanu kuri umwe mu myaro yo ku kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’Akarere ka Rubavu hazatahwa icyambu kizajya cyakira imizigo ifite uburemere bwa Toni 700,000 mu gihe cy’umwaka. Ni...
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva muri Nzeri kugeza mu Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149. Ubaze neza usanga buri kwezi muri ayo atatu, ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), ryashyize Intore z’u Rwanda mu murage ndangamuco ‘udafatika’ w’Isi. Byatangajwe na UNESCO kuri uyu wa 3, Ukubo...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi b’ifu y’imyumbati cyangwa b’akawunga birengagiza ko iyo bacuruza irimo agahuyu bakayigurisha mu bigo by’amashuri. Ni ikosa baba bakoze kuko, nk’uko RSB ibyemeza,...
Domitille Mukantaganzwa wigeze kuyobora Inkiko Gacaca ku rwego rw’igihugu akabikora neza, yagiriwe icyizere cyo kuyobora n’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda. Yasimbuye Dr. Faustin Ntezilyayo nawe wagiye k...
RURA yatangaje ko guhera ku wa Gatatu tariki 04, Ukuboza, 2024 mu Mujyi wa Kigali hazatangira igeragezwa ry’uburyo umugenzi azajya yishyura urugendo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hak...









