Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Ubwo yakiraga indahiro ya Perezida w’Urukiko rw’ikirenga n’umwungirije, Perezida Kagame yavuze ko abantu barenganya abandi cyangwa bakikubira iby’abandi bakwiye kubireka. Avuga...
Transparency International Rwanda yahishuriye abaje kumva ubushakashatsi iherutse gukora ko Urwego rw’abikorera mu Rwanda ruza ku isonga mu barya ‘ruswa nto’. Uyu muryango wamuritse ubush...
Ambasaderi Rwamucyo Ernest yabwiye Akanama k’Umuryango w’Abibumbye ko u Rwanda ruzi neza ko DRC ikomeje gukorana na FDLR. Hari mu nama yahuje abagize aka Kanama bari bahuye ngo bagezweho r...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere cyatangaje ko, mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru irangiza n’itangira umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahoteli, utubari, ...
Umuyobozi wa Groupe Scolaire Saint Joseph Rasaniro mu Karere ka Nyaruguru witwa Oswald Kubwimana avuga ko bazibukiriye gushyira hasi imifuka ihunitse ibiribwa bigaburirwa abana. Basanze bituma bizamo ...
Ubwo yakiraga indahiro y’abasirikare baherutse kugenwa ngo babe abacamanza mu rukiko rukuru rwa gisikare, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabibukije ko ikinyabupfura mu mico no mu myitwarire...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Ugushyingo 2024 byazamutse ku kigero cya 5% ugeraranyije n’uko byari bimeze mu Ugushyingo 2023. Mu kwezi kwaban...
Perezida Paul Kagame ari i Nouakchott umurwa mukuru wa Mauritania mu nama nyafurika yiga ku burezi no gushakira imirimo urubyiruko. Yateguwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ku bufatanye n’Ishami r...
Hari abaturage bo muri Rutsiro bashima ko Urwego rw’Ubugenzacyaha ruhugura abantu ku kwirinda ibyaha, bikabafasha kutagongana n’ amategeko. Umwe muri bo avuga ko kwiga ari uguhozaho kandi ...









