Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100. Abo ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye abayobozi n’abahanga mu by’ingufu za nikeleyeri bari bamaze iminsi mu Rwanda mu nama yiga kuri izi ngufu. Abo bayobozi bayobowe na Dr. Lassina Zerbo, U...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru abantu ruvuga ko bashakaga kugurisha ubutaka bw’undi bamwiyitiriye. Aberetswe itangazamakuru bafashwe nyuma y’uko tariki 04, Ukuboza, ...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ku musaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda igaragaza ko wazamutse ku kigero cya 8.1% mu gihembwe cya gatatu cya 2024. Mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe ashima urwego umubano w’u Rwanda na Qatar ugezeho, akavuga ko ibikorwa byivugira. Mu gitaramo cyo kwizihiza igihe Qatar imaze ari i...
Umusore utaramenyekana umwirondoro yabanje kwandika ibaruwa avuga ko agiye kwiyahura kandi ko umubiri we uzahabwa inyamaswa zikawurira mu ruhame. Yiyahuriye mu Mudugudu wa Mahoro, Akagari ka Karambo, ...
IGP Felix Namuhoranye ari muri Ethiopia mu ruzinduko rugamije gushimangira umubano hagati ya polisi z’ibihugu byombi. Yahahuriye kandi aganira na mugenzi we CG Demelash Gebre Michael Weldeyes, basinya...
Nsengiyumva Jean Damascène w’imyaka 22 y’amavuko yapfiriye mu kirombe kiri mu murima wa Singirumukiza Fidèle kiri mu Mudugudu wa Gasanze, Akagari ka Cyabararika mu Murenge wa Muhoza ho mu Karere ka Mu...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko mu nama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14, Ukuboza, 2024 yahuje ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda( Olivier Nduhungirehe) na D...
Perezidansi ya Angola yatangaje ko ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bitakibaye. Ni amakuru RFI ivuga ko yizewe kuko yatangajwe na Angola, igihugu gikora ub...









