Perezida Kagame yaraye avuze ko urubyiruko rw’u Rwanda ari rwo mizero yarwo kandi ko rufite ubushobozi bwo kurugeza aheza rutigeze rugera mu mateka yarwo. Yabivugiye mu ijambo yaraye agejeje ku Banyar...
Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwishima igihe babonye akanya kuko ari ko ubuzima bumeze, ariko asaba abantu bashaka guhungabanya umutekano w’Abanyarwanda ko basubiza amerwe mu isaho. Kagame...
Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano ubutumwa burangiza umwaka. Azishimira umuhati wazo mu gutuma u Rwanda rutekana kandi akazibutsa ko umuhati w...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi cyane cyane abahahira mu isoko ry’i Gihundwe bavuga ko kugura ihene yo kubaga ku bunani ari undi mushinga uhenze kuko hari izigura Frw 160,000. Icyashara cy’abaguzi b...
Umunyeshuri ukomoka mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi na Polisi imushyikiriza RIB azira gutekera ababyeyi be umutwe ngo yashimuswe n’abagizi ba nabi, akabasaba ko bamwoherereza Frw 100,000. ...
Mperutse kwinjira muri Sudani y’Epfo mvuye muri Uganda. Nahahuriye na byinshi nifuza gusangiza abasomyi ba Taarifa Rwanda. Ninjiye muri Sudani y’Epfo nciye ku mupaka uri ahitwa Elegu, hari ku wa Kane ...
Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro n’umutekano muri Mozambique (RSF) bifatanyije n’abaturage bo mu gace ko Macomia mu Ntara ya Cabo Delgado, mu muganda rusange wabaye mu mp...
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu Turere dufite amajyambere ari kwihuta cyane. Ibarura rusange ry’abaturage ryo mu mwaka wa 2022 rivuga ko gatuwe n’abaturage 551 103. Kuba gaturanye n’Umujy...
Bimwe mu bituma abantu bakunda Umujyi wa Kigali ni ibiti biwuteyemo biwuha amahumbezi. Ibyo biti ni byinshi kandi biri henshi. Icyakora bimwe birashaje ku buryo hari ibihirikwa n’inkubi bityo abaturag...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...









