Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, ku byerekeye uko abantu batega indege mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu yerekana ko mu mwaka wa 2020, abantu 5.922 ari bo bakoreye ...
Mu rwego rwo kwifatanya na Leta y’u Rwanda mu kugabanya ibyuka ibinyabiziga byohereza mu kirere, mu Mujyi wa Kigali hakomeje gutangizwa uburyo bworohereza abamotari cyangwa abandi babishaka gutunga mo...
Alice Kayitesi uyobora Intara y’Amajyepfo avuga ko ubuyobozi bw’iyi Ntara k’ubufatanye na IBUKA hagiye kwimurwa imibiri 13,000 yabazize Jenoside yakorewe Abatutsi ikavanwa mu nzibutso zitameze n...
Mu musangiro wahuje Abanyarwanda baba mu mahanga n’abakora muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Minisitiri Nduhungirehe Olivier yaganiriye nabo abashimira umusanzu batanga mu iterambere ry’u R...
Mu gihe kiri imbere Polisi y’u Rwanda iratangira gukoresha utudege tutagira abapilote, drones, mu rwego gucungira hafi abica amategeko y’umuhanda. U Rwanda ruzaba rubaye igihugu cya gatatu muri Afuri...
Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yatangaje iteka rya Perezida wa Repubulika rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bw’izabukuru “Pansiyo” ku bakozi. Rigaragaza ko imisanzu izazamuka kuva muri uyu m...
Alphonse Munyantwali uyobora FERWAFA yavuze ko ibiganiro byo kongerera amasezerano y’akazi umutoza w’Amavubi yari yarahawe akaza kurangira bigikomeje. Abakurikirana umupira w’amaguru mu Rwanda bari b...
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface avuga ko iyo ugereranyije uko abantu bitwaye mu mpera za 2024 no mu ntangiriro za 2025, ubona ko umutekano wabaye mwiza ugereranyije n’uko byagenz...
Amasezerano y’umutoza mukuru wa Amavubi, Torsten Frank Spittler yarangiranye n’umwaka wa 2024. Uyu mugabo ukomoka mu Budage yageze mu Rwanda aje gutoza Amavubi mu ntangiriro z’Ugushyingo, 2023. Yari a...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yavuze ko Abanyarwanda baraye bitwaye neza muri rusange, binjira mu mwaka nta byago cyangwa ibyaha bikomeye bibaye. Yasabye abantu gukomera kwishi...









