Amakuru aturuka mu Karere ka Rusizi avuga ko hari isasu ryarasiwe muri DRC ryica umuturage wo mu Murenge wa Nzahaha mu Karere ka Rusizi witwa Rwabukwisi Zacharie. Kigali Today yatangaje ko uriya muntu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Paul Kagame yaraye ageze Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga mpuzamahanga cya Doha yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Dr. Ahmed ...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasobanuye iby’imisoro yaraye yemerejwe mu nama y’Abaminisitiri. Muri rusange hari imisoro iri buhite itangira gusorwa, indi ikazasorwa buhoro buhoro. Minisitiri w’im...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kuvugurura imisoro, hakagira iyongerwa hagahangwa n’undi mushya. Hazavugururwa kandi uko imisoro yari isanzwe itangwa bikazakorwa mu byic...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira ubumenyi ngiro bukwiye ngo bazihangire imirimo, Urwego rw’Igihugu rushinzwe amashuri ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), rugiye gukorana n’abo rufatanya...
Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647. Litiro ya Lisans...
Mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Mushirarungu, Umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza haravugwa abantu bari gushakishwa na Polisi bakekwaho gukubita umuntu inkoni bikamuviramo urupfu. Saa saba z’am...
Itsinda rya ba ofisiye bato mu ngabo z’u Rwanda ryasuye ingoro y’amateka yo kubohora u Rwanda iri ku Nteko Ishinga amategeko basobanurirwa uko bakuru babo bitanze ngo batabare Abatutsi bahigwaga bukwa...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama idasanzwe yahuje Abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), yabereye Dar es Salaam usaba ubutegets...
Muri iki gitondo Perezida Kagame yageze muri Tanzania mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo n’ibya SADC. Ni Inama iri bwigirwemo uko ibibazo biri mu Burasira...





