Ikigo Zipline gifite icyicaro gikuru muri Amerika cyatangaje ko ishami ryacyo ryo mu Rwanda rigiye gutangiza gahunda yo kugeza ibicuruzwa mu ngo z’abaturage cyanecyane abo mu mijyi. Ibyo bicuruzwa ni ...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rwa Rayon Sports Abdallah Murenzi yatangaje ko izakoresha ingengo y’imari ya Miliyari Frw 2, ubu ikaba ifite Miliyoni Frw 400. Andi azava he? Ni ingengo izakor...
Komiseri Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, RCS, CG Evariste Murenzi n’itsinda yari ayoboye basuye igororero rya Rusizi baburira abarifungiwemo n’abandi bagororwa kut...
Indwara yari amaranye igihe niyo yahitanye Lt Gen Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru bakomeye bakoze inshingano nyinshi zirimo no kuyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda zoherejw...
Phanuel Sindayiheba uyobora Akarere ka Rusizi yahuye n’abalimu mbere yo gutangira amashuri kuri uyu wa Mbere, anenga bamwe muri bo basindira mu ruhame, bakiyandarika kandi bagatuka abayobozi. Yabwiye ...
Kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangiye uruzinduko mu Karere ka Rubavu gusura imishinga ihakorerwa. Yahereye ku ruganda rukora amashanyarazi avuye muri gazi metan...
Mu Mudugudu wa Bannyisuka, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musanze, Akarere ka Musanze haravugwa urupfu rwa mutwarasibo wiyahuye abitewe no kutihanganira ubusinzi bw’umugore we. Hari inyandiko bavug...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 06, Nzeri, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze k’ubufatanye n’abaturage yafunze ahakorerwaga inzoga bita Karigazoke, uwazikoraga arafungwa nazo ziramenwa. Hamenwe litiro ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva asaba abaturage ba Musanze by’umwihariko n’abo mu tundi turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga ko iyo ingagi zibungabunzwe, akamaro kabyo nabo kabageraho. Nsen...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha indi, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu Tariki 06, Nzeri, 2025 kugeza mu mezi abiri ari imbere, ...









