Amakuru yatanzwe na serivisi ishinzwe ibiza mu Karere ka Gisagara yemeza ko hamaze kubarurwa inzu zirindwi n’ikiraro kiri mu gishanga cya nyiramugengeri byasenywe n’imvura iremereye yaguye...
General Muhoozi Kainerugaba uyobora ingabo za Uganda yatangaje ko urugendo yakoreye mu Rwanda rwagenze neza. Avuga ko imikoranire hagati y’igisirikare ayoboye na RDF ari myiza kandi ikwiye gukom...
Umugabo w’imyaka 40 yafatanywe urumogi rupima ibilo 30 yari avanye muri Tanzania nk’uko Polisi ivuga ko yabiyibwiye. Polisi yatangaje ko uwo mugabo yari arutwaye kuri moto, imufatira mu Mu...
Abanyarwanda bo hambere bagiraga Ikinyarwanda cyabo, bakagira imikino yabo, bakagira imigirire n’imigenzereze bitandukanye n’iby’abubu. Uretse kumasha, kunyabanwa n’indi mikino ya gisore yarangaga aba...
Abagore bakinira Rayon Sports baraye batwaye igikombe cya Shampiyona 2024-2025. Hari mu mikino wa nyuma wabahuje na bagenzi babo bo mu Inyemera WC urangira ibatsinze 2-1. Umukino wa nyuma waraye ubay...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, aherekejwe na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka M...
Mu rwego rwo kwihaza kuri Lisansi na Petelori, Leta y’u Rwanda irashaka kubaka ibigega byinshi bishobora kubika Litiro miliyoni 334 mu gihe ibyari bisanzweho byabikaga Litiro miliyoni 66.4 zonyine. Um...
MTN Group ubu ifite umuuyobozi mushya witwa Ali Monzer akaba agomba gusimbura Mapula Bodibe. Uyu mugabo yari asanzwe ayobora MTN ishami rya Sudani y’Epfo, imirimo yatangiye guhera muri Mata, 2024. Mon...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ibiro bya Ambasade yayo i Brussels mu Bubiligi byafunzwe bityo abashaka serivisi zayo bazazisanga mu Buholandi ahitwa La Haye. Hatangajwe kandi...
Mu gihe habura igihe gito ngo u Rwanda n’isi muri rusange bibuke Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rukomeje gusaba abaturage kwirinda ingengabitekerezo yayo. Kuri u...









