U Rwanda na Israel bikomeje gutsura umubano mu nzego nyinshi. Perezida Kagame kuri uyu wa Gatanu yakiriye Minisitiri Yoaz Hendel ushinzwe itumanaho muri Israel baganira ku bintu bitandukanye hagamije ...
Kuwa Kabiri tariki ya 24 Ugushyingo ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu Karere ka Rubavu ryafashe itsinda ry’abantu bane bakurikiranweho gukwirakwiza urumogi ahantu h...
Akarere ka Gicumbi kari ku mwanya wa 14 mu Turere 30 tugize igihugu, harasuzumwa icyakorwa ngo barebe ko barushaho kuza mu myanya y’imbere, gusa nubwo baje kuri uyu mwanya, Gicumbi niko ka mbere mu ...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bwasohoye itangazo risaba Abanyarwanda bose ko uwabona umugabo witwa Ikuzwe Nikombabona Innocent yatungira agatoki inzego z’umutekano agafatwa kuko rukumurikir...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 23 Ugushyingo, 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyabihu mu Murenge wa Jomba yafashe umumotari witwa Raphael w’imyaka 33, ahetse umufuka w’amakara yashyize...
Taliki 23, Ugushyingo, 2020 nibwo Joe Biden watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’America, yashyizeho Avril Danica Haines ngo ayobore ikigo gishinzwe ubutasi imbere muri USA. Ni ubwa mbere mu ma...
Imbwa zari zisanzwe zimenyerewe mu guhunahuna zikamenya ahari ibisasu n’ibiyobyabwenge ariko ubu ku kibuga cy’indege cya Kigali kiri i Kanombe hagiye gushyirwa imbwa zizajya zifasha mu kumenya abantu ...
Imibare yatangajwe na Ambasade ya USA mu Rwanda taliki 17, Ugushyingo, 2020 yerekana ko Abanyarwanda 1, 444 biyandikishije muri za Kaminuza za USA mu mwaka w’amashuri wa 2019-2020. Ni igihugu cya gata...
Imwe muri Politiki za Leta y’u Rwanda ni uko abaturage bishakamo ibisubizo. Ni muri uyu mujyo abatuye Umurenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo bakusanyije amafaranga bigurira imbangukiragutabara kugir...
Muri Tanzania hari kuva amakuru avuga ko sima yahenze cyane. Ibi biri guterwa n’uko inganda ziyitunganya ziri gusanwa bityo ibyuma biyikora bikaba byarahagaze. Ibi byatumye abacuruzi bo mu Rwanda bay...









