Nyuma y’uko Inama y’Abaminisitiri itangarije ko Abanyarwanda bemerewe gukorera imyitozo ngororamubiri mu byumba byabugenewe bita Gym, Minisiteri ya Siporo yasohoye amabwiriza agomba kuzakurikizwa. Ibw...
Mu kiganiro yaraye agejeje ku ihuriro ry’Abanyafurika baba hanze yayo(Africa Diaspora Network) Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko n’ubwo Isi yose ihanganye n’ingaruka za COVID-19 , Abanyaf...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu batatu barimo uwitwa Rwabukwisi, bose ikaba ibakurikiranyeho guhimba inyandiko na kashi(stamps)47 z’ib...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umukozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi rumukurikiranyeho kwakira ruswa ruvuga ko yahawe n’umwe bakandida bashakaga kuba abarim...
Ahitwa ku Karumuna mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera hari abaturage bataka ko umwotsi uva mu ruganda rukora impu wivanga n’umunuko uruvamo bikabahumanya. Uruganda rutunganya impu rwitwa Kiga...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha taliki 30, Ugushyingo, 2020 bweretse itangazamakuru umugabo n’umugore rushinja ko bashakaga kugurisha ubutaka busanzwe bubaruwe kuri Kayumba Godfrey. Bombi bafashwe ...
Mu kiganiro cyahuje ubuyobozi bwa Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu n’izindi nzego zifite aho zihurira n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, Dr Gasanabo Jean Damascène wari uhagarariye...
Ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro IPRC NGOMA riherereye mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma, ryatashye ku mugaragaro inyubako zirimo izizakoreramo abayobozi, zuzuye zitwaye miliyari 1,3 Frw...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 26 ugushyingo Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Gishubi mu Kagari ka Nyakibungo bafashe abantu...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu Saa kumi n’imwe zuzuye(5h00 pm) ku isaha y’i Kigali nibwo umuhango wo kwimika Abakalidinari bashya Papa aherutse gushyiraho uri butangire. Muri bo harimo n’...









