Ibitaro bya Nyamata biri mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera biravugwamo umwanda mu bitanda by’abarwayi kuko nta mazi ahagije yo gusukura amashuka n’ibindi babona. Meya wa Bugesera Richard Mut...
Ifuni ibagara ubushuti ni akarenge, uyu ukaba ari umugani Abanyarwanda bakuru baciye bashaka kuvuga ko inshuti ari izigenderanirana, bigakuza ubucuti. Itsinda ry’abaturage 20 ba Israel bari mu Rwanda...
Saa munani z’amanywa(2h00pm) nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutangaza niba rwasanze ubusabe bw’ubwunganizi bw’uko rudafite ubushobozi bwo kuburanisha urubanza Alfred Nkubiri aregwamo uruhare mu ...
Ni icyemezo cyafashwe na Guverinoma y’u Rwanda kubera ko ubwandu bwa COVID-19 buri kwiyongera cyane muri ibi bihe.Yari iteganyijwe kuzaba ku wa Gtatu taliki 16, Ukuboza, 2020. Guverinoma y’u Rwa...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera agira inama Abanyarwanda ko batagomba kwirara muri izi mpera z’umwaka ngo bakerense amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kuri we...
Umufasha w’Umukuru w’Igihugu, Madamu Jeannette Kagame yaraye abwiye abahanga n’abandi bakora mu rwego rw’ubuzima cyane cyane abita ku bagore bari kubyara, ko bibabaje kubona umugore apfa ari kubyara. ...
Kuva imirimo yo gucukura icyobo cyatawemo Abatutsi muri Jenoside yakorewe Abatutsi yatangira mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro, hataburuwe imibiri 5000. Ubu iri guterwa imiti mbere y’uko yoz...
Hari Kuwa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 ubwo Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yabwiraga Intumwa za rubanda uko uburezi buhagaze. Yavuze ko muri 2018 ari bwo Leta yatangije Politiki...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 11, Ugushyingo, 2020 mu murenge wa Huye mu Karere ka Huye habereye impanuka y’imbangukiragutabara bivugwa ko yashakaga guca ku ikamyo ariko ikayigonga. Amazina...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ukuboza, 2020 nibwo mu Rukiko risumbuye rwa Gasabo hari kubera urubanza ruregwamo Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye no kunyerezwa kw’ifumbire ya...









