Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kigarama k’ubufatanye n’umuryango witwa Upendo Wa Mungu[Urukundo rw’Imana], bwamurikiye ababyeyi babiri barokotse Jenoside inzu basaniwe, undi umwe ahabwa iyuzuye. Byakozwe mu...
Madeleine Nirere uyobora Urwego rw’Umuvunyi yabwiye abaje kwifatanya n’abakozi b’Urwego ayobora kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ko rwagiyeho kugira ngo rukumire akarengane ako ari ko kose ndetse ga...
Aho Alain Bernard Mukuralinda avuka mu Karere ka Rulindo habereye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo kumushyingura. Imihango yo kumusezeraho yahereye mu rugo rwe Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ...
Emerance Bwiza usanzwe ari umuhanzi uri mu bakunzwe n’urubyiruko rw’ubu asaba urubyiruko n’abandi muri rusange kwamagana abapfobya Jenoside mu buryo ubwo ari bwo bwose. Ku mbuga nkoranyambaga akoresh...
FERWABA yatangaje ko irushanwa ryo kwibuka abakinaga Basketaball bazize Jenoside rizagenda. Bizakorwa mu rwego rwo kwibuka muri rusange ku nshuro ya 31 Abatutsi bazize Jenoside. Iri rushanwa ritegany...
Abatutsi barokokeye Jenoside mu Murenge wa Mururu ya Rusizi y’ubu, basaba inzego bireba uko ahitwa Gatandara hashyirwa urwibutso rwihariye rwerekana ubugome Interahamwe zicanye Abatutsi zikabarya inya...
Mu rukiko rwisumbuyue rwa Muhanga haraye habereye iburana ry’ibanze-mbere y’uko urubanza rujya mu mizi-mu rubanza ruregwamo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umu...
Mu Mudugudu w’Intiganda mu Kagari ka Tetero mu Murenge wa Muhima habonetse grenade ubwo abaturage bacukuraga itaka ryo kubakisha. Baguye kuri iyo kabutindi ya grenade imeze nk’ubuhiri bita stick ishaj...
Minisitiri mu Rwanda ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yakiriye mu biro bye Ambasaderi Michael Ian Upton uhagarariye New Zealand mu Rwanda baganira uko...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare kivuga ko amafaranga abantu basuye u Rwanda mu mwaka wa 2024 baguze ibintu na serivisi ari Miliyoni $ 579.5 mu gihe mu mwaka wa 2023 yari Miliyoni $563.8. ...









