Guhera kuri uyu wa Kabiri, Abanyarwanda bagomba kuzajya baba bari mu ngo zabo saa mbiri z’ijoro(ku batuye ahandi hatari muri Musanze). Polisi isaba abaturage kwirinda ibirori bishobora kubakururira CO...
Taarifa yagereye abaturage ibabaza icyo bumva babaza Perezida Kagame mu kiganiro ari buhe Abanyarwanda kuri uyu wa Mbere taliki 21, Ukuboza, 2020. Iki kiganiro kiratangira saa saaba zuzuye(1h00pm). Um...
Umusaza w’imyaka 70 witwa Karangwa Callixte wo mu murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare afite ibikomere mu mutwe bivugwa yatewe n’ingabo za Uganda zamutemye kuri iki Cyumweru ubwo yajyaga yo gus...
Kuri uyu wa Mbere tariki 21, Ukuboza, 2020 Perezida Kagame arabwira Abanyarwanda ijambo rikubiyemo iby’ingenzi byaranze umwaka wa 2020 n’icyo abifuriza mu mwaka ukurikiyeho. Umwaka wa 2020 ntiwagendek...
Hari abakorera n’abigeze gukorera Croix Rouge y’u Rwanda babwiye Taarifa ko umuyobozi mukuru wa kiriya kigo abarenganya, kandi akaba yarashyizeho imikorere idahuje n’amahame agenga kiriya kigo(statut)...
Imyaka igiye kuba 30 u Rwanda ruvuye muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kugeza ubu ni igihugu kiri gutera imbere n’ubwo hatabura ibitotsi birimo na bamwe mu bayobozi bakurikiranwaho ruswa. Louise Mushik...
Perezida Paul Kagame yifurije Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza. Perezida Kaboré yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 n...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ukuboza, 2020, mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo gushyingura imibiri 10 yabonetse mu bice bitandukanye bya kariya karere. Abitabiriye ki...
Umuyobozi w’Inama y’Igihugu ishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza, High Education Council, Dr Rose Mukankomeje avuga ko basanze ikintu cy’ingenzi kica ireme ry’uburezi ari uko abarimu batahembwa ne...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Bwana Valens Habarurema yaraye ahakanye ibivugwa na bamwe mu bakozi bo mu biro by’Akarere bamushinja kubatoteza. Hari mu kiganiro yahaye abanyamakuru. Bamwe mu bakozi bo...









