Desiré Dusingizimana yacunze iwabo basinziriye arasohoka ajya kwiyahuza umuti wica imbeba. Umurambo we wabonywe na Se mu gitondo nyuma y’uko babyutse bakamubura mu rugo. Umunyamabanga nshingwabikorwa ...
Muri Kanama, 2020 twatahuye uburiganya bw’amafaranga abaturage bishyura kuri Tap&Go ya murandasi iyo bateze imodoka ariko ntibayihabwe. Bukeye bw’aho RURA yahamagaje abanyamakuru kugira ngo ...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...
Ubuyobozi bwa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko italiki yari yaremejwe ko abifuza gutorerwa kujya muri Njyanama batangiraho kandidatire zo kujya muri Njyanama z’Uterere yigijwe imbere. NEC iv...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego bwafashe umwanzuro w’uko kuri Stade ya Kigali iri i Nyamirambo igirwa gare by’agateganyo yifashishwa n’abagenzi bagana mu Ntara. Ni umwanzuro w...
Abaturage bavuga ko n’ubwo hari bube Noheli ariko uyu mwaka watumye ntawishimisha nk’uko byari bisanzwe bityo ko na Noheli idashamaje. Abatuvugishije barimo abacuruzi mu nzego zitandukanye kandi abens...
Perezida Paul Kagame yifurije mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron uherutse kwandura COVID-19 kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye neza kandi akazishimana n’umuryango mu mpera z’uyu...
Tariki 14, Ukuboza, 2020 u Bwongereza bwamenyesheje Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ko bwatewe n’icyorezo gishya cya COVID-19. Bwavuze ko bwasanze cyandura vuba kurusha ...
Bamwe mu babyeyi barerera mu mashuri abanza mu kigo kitwa SOS kiri Kakiru muri Gasabo banenga ubuyobozi bwayo ko bubagezaho imyanzuro bataganiriyeho. Umwe muriyo ni uko bwababwiye ko bagomba kujya bi...
Atangiza ijambo rye, Perezida Kagame yavuze ko uko Abanyarwanda bari biteze umwaka wa 2020 atari ko bawubonye kandi ngo ni ibisanzwe kuko ntawe umenya ibizaza uko bizagenda. Mu bintu yagarutseho harim...









