Kuri uyu wa Gatatu taliki 30, Ukuboza, 2020 nibwo hari bube urubanza ruregwamo umunyemari Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza ifumbire . Urubanza rwe rwari ruteganyijwe gutangira s...
Umunyemari Paul Muvunyi umaze icyumweru afunzwe akurikuranyweho guhimba sinya, yitabye ubushinjacyaha kuri uyu wa Kabiri. Hari ahagana saa munani, akaba yitabye ubushinjacyaha bw'i Nyamirambo i K...
Hari ba rwiyemezamirimo n’abantu ku giti cyabo MINAGRI ivuga ko banyereje ifumbire bagera kuri 19. Bose uko bakabaye barimo Leta umwenda wa Frw 9.016.018.268. Ikigo cya Itegeri Dieudonné kitwa SOPAV ...
Umugabo witwa Kamanzi Assiel ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro arashinjwa n’abaturage kubaka ruswa kugira ngo bubake basenyerwa akabitakana. Gitifu w’Umurenge yamutan...
Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda Bwana Harrison Mutabazi aherutse kuvuga ko Leta y’u Rwanda ifite gahunda yo gutangiza icyo yise ‘UBUHUZA’ hagamijwe kugabanya imanza zituma hari abatsindwa bagafungwa bik...
Nyuma y’uko dusohoye inkuru ivuga ku iperereza twakoze ku cyatumye ubugenzacyaha bufunga umunyemari Paul Muvunyi, RIB yatubwiye ko akurikiranyweho guhimba sinya (signature, impapuro mpimbano) y’umwe m...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko Urwego avugira rwatangiye gushakisha abaraye bateye urugo rw’umuturage w’i Gihundwe bafite imbunda rukab...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27, Ukuboza, 2020abantu batatu barimo babiri bambaye imyenda abaduhaye amakuru bavuga ko ari iya gisirikare bateye urugo rwa Bavugamenshi n’umugore we Mukandayisenga bababwira...
Kuri iki Cyumweru nibwo abatuye Centrafrique batoye Perezida wa Repubulika wabo. Ni amatora yabaye mu gihe mu gihugu hari umwuka mubi w’abarwanyi bashakaga kuyaburizamo. U Rwanda rwaritabajwe kugira n...
Ubwo haburaga amasaha make ngo Abanyarwanda bizihize ivuka rya Yezu nibwo umunyemari Paul Muvunyi yatawe muri yombi. Afungiwe kuri stasiyo ya Polisi i Remera. Taarifa yaperereje imenya icyo afungiwe. ...









