Kuri uyu wa Mbere twari twanditse inkuru ivuga ko abatuye i Musanze batakamba basaba ko Inama y’Abaminisitiri yabadohorera igakuraho ko bagomba kuba batashye saa moya. Iyi saa moya yatumaga hari abara...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga avuga aho icyorezo kigeze, umwanzuro wagombaga gufatwa na Guverinoma ari Guma mu Rugo y’Igihugu cyose arik...
Mu mudugudu wa Rwamikungu, Akagari ka Nyamikoni, Umurenge wa Kanzenze mu KArere ka Rubavu hari umugabo ufite ubumuga bwo kutabona witwa Dieudonné Munyanshoza uherutse gufungwa na Polisi isanze iwe har...
Kuri uyu wa Mbere tariki 04, Mutarama, 2021, mu masaha akuze Inama y’Abaminisitiri iraterana yongere isuzume uko icyorezo COVID-19 gihagaze mu Rwanda bityo ifate izindi ngamba. Iziheruka zasize zemeje...
Umuryango wagurishije isambu n’umunyemari Paul Muvunyi watangarije Taarifa ko ntacyo umushinja kandi ko batazi abamurega guhimba sinya icyo bashingiraho. Batubwiye ko nta n’umwenda abarimo...
Mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku baturage risoza umwaka yavuze ko n’ubwo u Rwanda rwaciye mu bibazo bikomeye kubera icyorezo cya COVID-19 ariko hari ikizere ko igihugu kizatera imbere ...
Kuri uyu wa Kane taliki 31, Ukuboza, 2020 nibwo Perezida Paul Kagame yavuze ijambo rirangiza umwaka, arigeza ku batuye u Rwanda. Hari saa tatu z’ijoro Perezida Kagame mu ijambo rye yagarutse ku ...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi barimo umupolisi witwa PC(Police Constable) Hakim Ndagijimana bari barakoze itsinda ryo kwambura abantu ibiryabarezi ku maherere kugira ngo babigurishe. Umw...
Twamenye ko mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kamashashi mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hari umubiri wataburuwe bigizwemo uruhare na Mukundwa Theophile nyuma yo kwishyurwa Frw 110 000....
Urubanza Nkubiri Alfred aregwamo rwaburanishirijwe mu cyumba cy’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Rwatangiye rutinze ariko aho rutangiriye habanza kumvwa ubwunganizi bwa Nyiramahoro Theopista. &nb...









