Jean- Marc Berthon wari usanzwe ari umuyobozi w’ibiro by’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yeguye, ubwegure bwe bwemewe ahita asimbuzwa uwitwa Herv...
Mu ijoro ryakeye nyuma y’uko ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ibonye intsinzi ku mukino yakinagamo n’ikipe y’igihugu ya Togo, hari abanyarwanda batuye mu bice bi...
Inteko iburanisha urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina nabo bareganwa 17 barimo n’uwiyise Sankara yanzuye ko icyumba baburaniramo ari gito bityo ko urubanza rwabo ruzaburanishirizwa i Kigali mu cyumba...
Sophany Gicondo ni murumuna wa Prof Thomas Kigabo, bombi bitabye Imana mu bihe bitandukanye. Umwe mubo Gicondo yigishije ubugenge mu mashuri yisumbuye witwa Alphonse Rutarindwa yabwiye Taarifa ko ata...
Sophany Gicondo wari murumuna wa nyakwigendera Prof Thomas Kigabo[uherutse gupfa azize COVID-19] nawe yitabye Imana. Kuri uyu wa Kabiri nibwo biteganyijwe ko Prof Kigabo ari bushyingurwe. Gicondo yaba...
Mu ijambo Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aherutse kubwira abayobozi bakuru mu ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD bari bateranye ngo batore Umuyobozi waryo yababwiye ko u Burundi n’u Rwanda...
Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa Gatandatu yafatiye umutoza wa Musanze FC mu birori ari kumwe n’abandi bantu 12 banyoye inzoga kandi batubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kugeza ub...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa Commissioner of Police George Rumanzi asaba abatuye Kigali gukorera Siporo aho byemewe ku masaha yemewe, bakirinda kurenga imbibi z’imidugudu yabo. ...
Mu rwego rwo kumenya aho abarwanyi bageze kugira ngo bakumirwe hagamijwe kurinda abasivili, ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa bya MINUSCA byo kurinda abaturage zirakoresha drones kugira ngo zimenye ah...
Minisiteri ya Siporo n’Umuco yatangaje ko siporo yemewe mu Mujyi wa Kigali ari ikorerwa mu ngo ariko abashatse kuyikora ku giti cyabo bakayikorera mu midugudu yabo kandi guhera saa kumi n’imwe za mu ...









