Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth), Patricia Scotland, uri mu ruzinduko mu Rwanda mbere y’uko rwakira inama y’abakuru b’ibihu...
Mu Rwanda habarurwa ko nibura 81.6% bakoresha telefoni igendanwa uhuje umubare w’abaturarwanda na sim cards ziri mu gihugu, ariko si ko bose bishimira ibyiza bitangwa n’imiyoboro y’itumanaho nko kubaf...
Mu Murenge wa Karago mu Karere ka Nyabihu habonetse imibiri bivugwa ko ari ay’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi mibiri yabonetse mu musarani uri mu rugo rw’umutu...
Me Rudakemwa Felix wunganira Paul Rusesabagina uregwa ibyaha by’iterabwoba, yasabiwe ibihano ashinjwa gutinza urubanza, ubwo kuri uyu wa Kane atitabiriye iburanisha yitwaje ko bajuririye inzitizi yo g...
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko ibikorwa byo gukingira icyorezo cya COVID-19 byakomereje mu nkambi z’impunzi, haherewe ku zakiriwe ziturutse muri Libya. Ni gahunda ikomeje yo gu...
Itsinda ry’abapolisi 80 b’u Rwanda berekeje mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudan y’Epfo, nk’icyiciro cya mbere cy’abapolisi 240 bagomba kujya muri ubwo b...
Itariki ya 10 Werurwe ni umwe mu minsi igarukwaho mu bihe bitandukanye byagiye biranga itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu gitabo cyiswe ‘Itegurwa n’ishyirwa mu b...
Mu nzego z’ibanze iyo abayobozi bahuye n’abaturage bagira imvugo imaze kumenyerwa igira iti; “ Umuturage ku Isonga”. Inkuru zanditswe mu myaka mike ishize zashyize bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’iban...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Idamange Iryamugwiza Yvonne afungwa by’agateganyo, mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Ni icyemezo Urukiko rwavuze ko gishingiye ku kuba hari ‘im...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19 muri Gereza ya Nyarugenge, haherewe ku bafite ibyago byinshi byo kuzahazwa n’iki cyorezo kurusha abandi. Ku ikubitiro muri g...









