Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi. Niyo nama ya mbere ihuje...
Kuri uyu wa Kane, habaye umuhango wo guha inkoni y’ubushumba Musenyeli Gatorika muri Diyosezi ya Cyangugu Nyuricyubahiro Edouard Sinayobye. Umuhango wo kumwimika wabereye kuri Sitate ya Rusizi...
Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yahamagajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), mu iperereza ku birego by’umukobwa yigishaga umushinja ko yashatse kumukoresha imibonan...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ikoranabuhanga ryigaragaje nk’uburyo bushobora gutuma amasomo akomeza no mu bihe bigoye bya COVID-19, asaba ko hongerwa imbaraga mu kubungabuna umutekano w’abana igihe b...
Mu Murenge wa Nyamabuye ahitwa i Gahogo mu Karere ka Muhanga hatangiye imirimo yo gutaburura imibiri iherutse kuhaboneka y’Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe muri 1994. Yabonetse mu busitani bw’Itore...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu bane barimo uwitwa Nkusi Jean Bosco, bakurikiranyweho ibyaha by’ubujura bwifashishije ibikangisho no kwiyitirira ur...
Nyuma y’iminsi mike bimenyekanye ko hari umukobwa washinje Dr Kayumba Christopher gushaka kumusambanya ubwo yamwigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda, Taarifa yabashije kuganira na we, asobanura byinshi y...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) yasabye Abanyarwanda kwirinda gukorana n’ikigo CENTURY HENG YUE (CHY), cyiyandikishije mu Rwanda nk’ikigo gikora ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga ariko k...
Perezida Paul Kagame yashyizeho igihe cy’icyunamo mu Rwanda kugeza ku munsi Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli azashyingurirwa, amabendera yose akururutswa kugeza hagati. Kuri uyu wa Gatat...
Umukobwa wigishijwe na Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda yamushinje ko yamusabye ko baryamana, yabyanga undi akagerageza kubimukoresha ku gahato ubwo bari iwe mu rugo. Ni ibirego byashyi...







