Ubuyobozi bwa APR FC burifuriza intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi igiye gukina umukino wo guhatanira itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika CAN na Cameroon uyu munsi saa tatu z’ijoro (...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko imodoka rusange zitwara abagenzi zizajya zitwara gusa 50% y’ubushobozi bwazo5, mu ngamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Ni ic...
Ibyemezo byafashwe na Guverinoma y’u Rwanda nyuma yo kuganira n’abagize Sosiyete Sivile harimo n’abanyamadini bivuga ko uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara twari twarakomanyirij...
Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyakuye ku isoko ubundi bwoko butatu bw’ubuki, nyuma yo gusanga bwarahinduriwe umwimerere. Ubwo buki ni Best Honey, Honey Power of Nature na...
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi kongera gutekereza ku nshingano zabo, bagahora iteka bazirikana ko ibyo bakora babikorera abaturage, kubera ko muri ibi bihe bagezweho n’ingaruka nyinshi. Ni ubu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa, Rwanda Food And Drugs Authoriry kimeze gusohora urutonde ruriho ubwoko amazina arindwi y’ubwoko bw’ubuki bwemewe mu Rwanda. Hari hashize iminsi ibiri iki k...
Umwanditsi akaba n’umunyamakuru Patrick de Saint-Exupéry aherutse kwandika igitabo yise La Traversée. Avuga ko ibyabaye muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu myaka ya 1996 kugeza 2001 bitakwitwa J...
Raporo yamuritswe n’itsinda ryari rikuriwe na Prof Vincent Duclert, yanzuye ko u Bufaransa bufite uruhare rukomeye mu mateka yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nubwo iteruye ko...
Guverinoma ya Canada yashyikirije Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Ryita ku Biribwa (WFP) inkunga ya miliyoni imwe y’amadolari ya Canada – ni ukuvuga miliyoni zisaga 770 Frw – zigenewe gufa...
Ubu butumwa bwatanzwe na Joséphine Murebwayire Umuyobozi Mukuru wungirije wa AVEGA Agahozo ubwo yaganirizaga abakecuru b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi bahuriye mu Karere ka Kamonyi mu rwe...









