Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19 mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali, mu byumweru bitatu bishize hafunzwe utubari 73. Ni imibare P...
Ubwo Polisi y’u Rwanda yagenzuraga uko amabwiriza akurikizwa, yaje kubwirwa ko hari abantu bagiye mu birori by’ubukwe mu Murenge wa Rusororo barizihirwa bica amabwiriza yo kwirinda COVID-19, iragenda ...
Nyuma y’urupfu rwa Dr. Isaïe Mushimiyimana wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riri i Busogo, Ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko yar...
Bwana Martin Ngoga usanzwe ari Perezida w’Inteko ishinga Amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatorewe kuba Umuyobozi wungirije wa Komite ya FIFA ishinzwe imyitwarire y’abayigi...
Mu murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu hari kubakwa uruganda ruzatunganya Gas Mèthane k’uburyo nirwuzura ruzihaza ku mashanyarazi 100% rugasagurira na Repubulika ya Demukarasi ya Kongo nk’uko ama...
Dr Isaïe Mushimiyimana yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda. Bamusanze yapfiriye mu ntebe, iwe mu Karere ka Musanze. Yari atuye mu murenge wa Musanze muri aka karere. Apfuye afite imyaka ...
Ikigo cy’Abanyamerika gikora imashini zikora imihanda n’izihinga rwitwa John Deere rugiye kubaka uruganda rukora imashini zihinga zikanakora imihanda zitwa mu Kinyarwanda: Tingatinga(caterpillars) na ...
Mu gihe hasigaye iminsi itanu ngo Abanyarwanda bongere kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha byahaye gasopo abakora ibyaha bifitanye isano no kuyihakana no kuyipfobya....
Perezida wa Repubilika ya Demukarasi ya Kongo Felix Tshisekedi arateganya guhuza Perezida wa Misiri, ubuyobozi bwa Sudani na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia kugira ngo baganire uko bakemur...
Kuri Kigali Convention Center haraye hamuritswe ahantu imodoka zikoresha amashanyarazi zizajya ziyavoma(ibyo bita gucaginga). Habaye ahantu ha kabiri zizajya zivoma amashanyarazi nyuma y’ahagenewe ing...








