Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Perezida Juvéal Habyarimana busanze nta yandi mahitamo uretse kwemera gusaranganya ubutegetsi na FPR Inkotanyi, bwemeye ko abasirikare bazo 600 baza mu kitwaga Conséil...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abantu 12 bakekwaho kwiba bakoresheje intwaro mu bihe bitandukanye, harimo n’aho bakekwaho ko bishe umuntu muri ibyo bikorwa. Polisi kuri iki Cyumweru y...
Mu Mudugudu wa Rurenge, Akagari ka Akabungo, Umurenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma hari umugabo ufunzwe akurikiranyweho kwitwikira ijoro agatema urutoki rwa Agnès Mukaruzima warokotse Jenoside yakor...
Nyuma y’imyaka 27 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda buhagaze bute? Imibare iheruka yavugaga ko buri kuri 92%. Ese yariyongereye cyangwa iragabanuka? Umun...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umurenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi n’umubaruramari w’Umurenge, bakurikiranyweho ibyaha birimo gu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Gicumbi na Nyamasheke ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe abantu batatu, bakekwaho kuba mu bakwirakwizaga urumogi muri utwo turere baruva...
Nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Madamu Adeline Mukangemanyi Rwigara ntiyarwitabye. Yari yabibwiye Radio Ijwi ry’Amerika mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ko atari bwitabe...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imirenge itandatu yo mu turere twa Huye, Gisagara na Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo yashyizwe muri Guma mu rugo, hagamijwe guhagarika ubwiyongere ...
Tariki 6 Mata 1994 – 6 Mata 2021, imyaka 27 iruzuye uwari Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana ahanuwe mu ndege Falcon 50, hamwe na Cyprien Ntaryamira wayoboraga u Burundi, abantu barindwi n’...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Mata, 2021 nibwo Abanyarwanda by’umwihariko n’Isi yose muri rusange bari butangira kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwego rw’Igihugu rw’ubug...









