Impunzi 159 z’Abarundi babaga mu Rwanda zatahutse, zigera mu gihugu cyazo ziri kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, wari usoje uruzinduko...
Mu gihe u Rwanda rukomeje kongera imbaraga mu koroshya ubucuruzi bw’imodoka zikoresha amashanyarazi, mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bikoresha Icyongereza, CHOGM, izabera i Kigali muri Ka...
Kuri uyu wa Mbere nibwo abasore n’inkumi barenga 700 bahawe ipeti rya Second Lieutenant na Perezida Paul Kagame. Bari barangije amasomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu Ngabo z’u Rwanda...
Nyuma y’uko mu 2015 Abarundi benshi bahunze imvururu zari mu gihugu cyabo bakaza mu Rwanda, ibikorwa byo kubitaho byashyizwemo imbaraga. Croix Rouge yatanze umusanzu wayo nk’umutanyabikorwa wa Leta. S...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, umaze iminsi mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda. Grandi yagiranye ibig...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, dosiye ya Munyenyezi Béatrice uregwa ibyaha bya Jenoside, busaba ko yaba afunzwe by’agateganyo mu gihe ategereje kubu...
Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya Gako Maj. Gen. Innocent Kabandana yavuze ko abanyeshuri binjijwe mu ngabo z’u Rwanda kuri uyu wa Mbere bakoze akazi gakomeye, ku buryo atari bose babashije kurang...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje kubaka ubushobozi bw’ingabo zarwo nta we bikwiye gutera ubwoba, kuko bigamije guha abaturage umutekano bakeneye ngo biteze imbere. Yabigarutseho k...
Mu muhango wo guha ikaze abasirikare barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare riri i Gako icyagaragaye ni uko abakobwa bari bambaye amajipo ari mu mpuzankano ya RDF. Ikindi kigaragara ni uko ...
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ari buhe abasirikare 700 ipeti ry’aba Ofisiye bato. Ni umuhango uri bubere mu kigo cya Gisirikare kiri i Gako mu Karere ka Bugesera. Aba ba...









