Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abanyamakuru b’abagore bagomba kurushaho guhabwa agaciro kandi ababishoboye bagahabwa ubuyobozi mu binyamakuru ba...
Ku wa Gatandatu nibwo byamekanye ko Perezida Evariste Ndayishimiye yirukanye Immaculée Ndabaneze wari Minisitiri ushinzwe ubwikorezi, ubucuruzi, inganda n’ubukerarugendo, azira ibikorwa byashoboraga k...
Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije iya Israel iri mu cyunamo, nyuma y’uko ku wa 29 Mata abantu 45 bapfuye, abasaga 150 bagakomerekera mu mubyigano ukomeye wabereye mu muhango w’idini ku musozi wa Me...
Polisi yafashe umusore w’imyaka 24 afite udupfunyika 5075 tw’urumogi, afatirwa mu Karere ka Ngororero mu Murenge wa Kabaya, avuga ko urwo rumogi arukuye mu Karere ka Rubavu. Yafashwe mu gitondo cyo ku...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira zo kunoza umubano kubera ubushake bugaragara ku mpande zombi, ariko ikibazo gisigaye ku ruhande rwa Uganda ku buryo ngo atabasha no ku...
Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatanze integuza ko mu minsi icumi ya mbere y’uku kwezi, mu bice bimwe byo mu Ntara y’Amajyaruguru n’Iburengerazuba hateganyijwe imvura nyinshi uger...
Perezida Paul Kagame yavuze ko abahora bavuga u Rwanda nabi nta we uzababuza kuvuga, asaba ko abafite ibyiza byo kuvuga badakomeza guceceka, kuko abagambiriye ibibi bashobora kubavangira. Yabigarutseh...
Imirimo yo gutunganya agace kamenyerewe nka ‘Car free zone’ mu Mujyi wa Kigali ngo gahinduke Imbuga City Walk igeze kure. Hakomeje kubakwa ibikorwa remezo byateganyijwe, ku buryo aha hantu hazaba hiha...
Perezida Paul Kagame yavuze ko uburyo u Rwanda rwitwara mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19 butanga umusaruro, akebura abakirenga ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo, bamwe bikaba byaranabagizeho in...
Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kumenya ibibafitiye inyungu akaba ari byo bakurikira, kuko iyo bitabaye ibyo baha urwaho abanyamahanga bashaka kubaryanisha. Ni ubutumwa yatangiye mu nana y’i...









