Abafana ba Rayon Sports baraye bishimye nyuma yo gutsinda Muhazi United ibitego bibiri k’ubusa mu mukino wabereye mu Karere ka Ngoma ahari Stade iyi kipe isanzwe yitorezaho. Umukino wabaye kuri ...
Umuyobozi mukuru wa Polisi IGP Félix Namuhoranye ubwo yaganirizaga abahoze ari Abarembetsi bo mu Murenge wa Cyanika bibumbiye muri Koperative ‘Twiheshe Agaciro Cyanika’ yabemereye inkunga ya Miliyoni ...
Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika. Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Ak...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kwemeza umushinga w’Itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, uteganya amavugurura atandukanye ashingiye kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhan...
Mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hari umugore w’imyaka 38 watawe muri yombi akurikiranyweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye. Radio/TV10 yavuze ko uwo mugore yemera ...
Niwe mukobwa rukumbi uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza yiswe Miss Africa Calabar 2025 ari kubera muri Nigeria. Yitabiriwe n’abakobwa 25 bo hirya no hino kuri uyu mugabane. Ashimwe Michelle a...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...
Juvenal Marizamunda yabwiye abagifite ibitekerezo byo gutera u Rwanda ko uwo mugambi usa n’inzozi batazakabya. Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe mu cyahoze ari Cour d’Appel de Ruhengeri n’abajugunywe mu ...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
RIB yemeje ko yataye muri yombi Ntazinda Erasme wayoboraga Akarere ka Nyanza nyuma yo kweguzwa n’Inama idasanzwe ya Njyanama yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 15, Mata, 2025. Bivugwa ko yazize kuna...









