Umugenzacyaha wo mu Karere ka Rusizi yaraye atawe muri yombi akurikiranyweho kwakira ruswa ya Frw 300 000. Umugabo wafashwe yari akuriye Ubugenzacyaha mu Karere akaba yitwa Jules. Ku rubuga rwa Twitte...
Inzu zimwe zo mu Karere ka Rubavu zikomeje gusaduka kubera imitingito ikomeje kuba myinshi, ishingiye ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye ku wa Gatandatu. Umwe mu bamaze guhura n’iki kibazo ni...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bwageneye Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC, mudasobwa 150, zo gufasha abarimu guha ubumenyi bugezweho abo bigisha. Uyu muhango wabaye kuri iki Cyumweru ub...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko ugiye gutanga miliyari €1, izakoreshwa mu kubaka ibigo bikora inkingo za COVID-19 mu bihugu bitandukanye ...
Abaturage bagera ku 8000 baturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahungiye mu Rwanda kubera ubwoba bw’ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Kugeza ubu cyacogoye, barimo gusubira iwabo....
Hari abaturage bo muri Repubulika ya Demukakarasi ya Congo baraye bahungiye mu Rwanda banga gutwikwa n’amahindure y’ikirunga Nyiragongo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakuru ...
Abaturage baba mu mirenge ya Cyanzarwe na Mudende mu Karere ka Rubavu bavuga ko guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hari ikirunga kiri kuruka. Bamwe bari babwiye RBA ko ari Nyiragongo ari...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu( REG) Bwana Ron Wiess avuga ko hari bamwe mu bakozi b’Ikigo ayobora bakorana n’abajura bakacyiba ibikoresho birimo intsinga n’ibindi. Yabivuze nyuma y’uko...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu umunani ivuga ko yafatiye mu byaha birimo n’ubujura bukoresheje kubatera ubwoba. Ivuga ko imaze amezi abiri ikurikirana ibikorwa byabo ari nako ibashakisha ngo ibaf...
Mu Nteko yaguye ya 71 ya FIFA yaraye iteranye, hatowe abayobozi bashya ba za Komite ziyobora udushami twa FIFA. Muri zo harimo n’ishinzwe guperereza ku myitwarire idahwitse ishobora kuvugwa ko bakozi ...









