Mu murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze huzuye Umudugudu w’Icyitegererezo ufite inzu 12 muri imwe(12In0ne). Kuri uyu wa Mbere abagenewe ziriya nzu barazihawe. Uyu mudugudu urimo ibyangombwa hafi ya ...
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi bane guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Ni ibihugu bya Pakistan, Venezuela, u Busuwisi na Thailand. Bose uretse ambasaderi wa Pakistan,...
Ubuvugizi bw’ingabo z’u Rwanda bwabwiye ikinyamakuru cyo muri Amerika kitwa The Bloomberg ko igisirikare cy’u Rwanda kiri gutegura abasirikare bo kuzohereza muri Mozambique kugarura yo amahoro. Blombe...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yageze mu Karere ka Rubavu, yakirwa na Perezida Paul Kagame. Biteganyijwe ko aba bayobozi bombi bagirana ibiganiro, ndetse bagasu...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza ko abakora kuri site z’ubwubatsi bagatagomba kurenga 50%. Ni amabwiriza bagomba gukurikiza birinda kwanduzanya COVID-19 Itangazo rya Minisiteri y’ibi...
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Jeffrey Feltman, Intumwa yihariye ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bihugu bigize agace k’ihembe rya Afurika. Jeffrey Feltman aheruka kuzenguruka i...
Bamwe mu bantu bakuru bavuga ko urubyiruko rw’u Rwanda muri rusange rutumva inama ruhabwa n’ababyeyi, iyi ikaba imwe mu mpamvu zituma rwishora mu busambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge n’indi myitwarire...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Colonel Pascal Muhizi, amuha ipeti rya Brigadier General. Col Muhizi yahoze ayobora ingabo...
Itsinda ry’abasirikare 47 bo mu bihugu byiganjemo ibya Aziya ziri mu Rwanda mu rwego rwo gutsura ubufatanye hagati yazo n’iz’u Rwanda. Mu Rwanda zakiriwe n’umugaba w’ingabo zirwanira mu kirere Lieute...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Kamena, 2021 Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta makuru inzego z’ubuzima z’u Rwanda ziramenya y’uko ubwoko budasanzwe bwa COVID-19 buvugwa mu Buhinde n’ahandi bwageze mu Rwan...









