Perezida Paul Kagame yirukanye Eng. Alfred Dusenge Byigero wari Umuyobozi Mukuru w’ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, ahita asimbuzwa by’agateganyo Gisèle Umuhumuza wari umwungirije. Byige...
Perezida Paul Kagame yashimagiye ko u Rwanda rufite intego yo kuziba icyuho mu buringanire mu bijyanye no kugera kuri serivisi z’ikoranabuhanga bitarenze umwaka wa 2026, agaragaza bimwe mu bizatuma iz...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko kuba Perezida Paul Kagame yohereje intumwa mu birori by’ubwigenge bw’u Burundi ari igitangaza, kuko bigaragaza icyerekezo cyiza cy’umubano, nyuma y...
Umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu ejo nibwo byatangajwe ko yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha birimo icyo gusambanya ku gahato umwana w’imyaka 13. Kuri uyu...
Polisi y’u Rwanda yavuze ko itazihanganira abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, mu gihe ubwandu bushya buri kwiyongera mu gihugu. Yatangaje ko hashingiwe ku byemezo Guverinoma ya...
Umuhanga mu mateka y’u Rwanda Prof Déo Byanafashe avuga ko kugira ngo umuntu amenye icyo Abakoloni bahaye Abanyarwanda, agomba kubanza kureba uko icyiswe ubwigenge cyatanzwe, uwagisabye n’uwagihawe. ...
Umuryango w’ibihugu by’i Burayi waraye usinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano yo gufasha u Rwanda mu rugendo rwo kubaka uruganda rukora inkingo. Nicola Bellomo uhagarariye uriya muryango w’Aba...
Umujyi wa Musanze ni uwa Kabiri mu bunini n’ibikorwa biwukorerwamo ugereranyije n’umujyi wa Kigali, Umurwa mukuru w’u Rwanda. I Musanze hari amajyambere utapfa kubona mu yindi mijyi itari Umujyi wa Ki...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru bamwe mu bo ruheruka gufata rubakurikiranyeho kwiba umushoramari w’Umunyamahanga. Rwagaruje ibihumbi birenga 700 by’amadolari. Uwibwe ni umut...
Leta y’u Rwanda yamaze gutangaza ibikenewe byose ngo umuntu atangire guhinga no gutunganya urumogi mu buryo bwemewe. Bitandukanye ariko na bya bindi bikorwa rwihishwa, abantu bagahinga urumogi banywa....









