Mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo abagenzacyaha baherutse kuhafatira abagore babiri babakurikiranyeho kwiba abaturage b’i Kamembe muri Rusizi. Babariganyije Miliyoni 25 Frw binyuze mu bucuruzi bw...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yageneye ubutumwa Abanyarwanda abifuriza kugira umunsi mwiza wo kwibohora, abibutsa ko batagomba gutezuka ku iterambere ...
Hasigaye imyaka itanu ngo Leta zunze ubumwe z’Amerika zizihize imyaka 250 zimaze zigenga. Hazaba ari tariki 04, Nyakanga, 2026. Ambasaderi wazo mu Rwanda Peter Vrooman yaraye atangaje ko Amerika yifat...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ku wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga, 2021, Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya irimo abagenzi batanu bavuye kuri Stade ya Kigali i Nyamiram...
Imiryango 144 igizwe n’abantu 685 yatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi mu Karere ka Musanze, nka kimwe mu bikorwa bijyanye no kwizihiza ku nshuro ya 27 umunsi wo Kwibohora. Ni umudugudu waha...
Gen Fred Ibingira ntakiri Umugaba w’Inkeragutabara, nyuma y’igihe bitangajwe ko yafatiwe mu makosa yo kurenga ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19, agafungwa. Urubuga rwa Minisiteri y’Ingabo...
Umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uvuga ko abantu 22 bahamijwe ibyaha birimo kwiba Banki y’Abanya Kenya ikorera mu Rwanda yitwa Equity bagomba gufungwa imyaka umunani buri wese kandi bagafatan...
*Umuyobozi w’ibitaro yahinduwe, *Umwe Mu Barwaza Barwaje Abarwayi Ba COVID-19 Mu Bitaro Bya Kibagabaga Nawe Yayanduye, *Hari umurwayi wari urwajwe n’utanduye wajyanywe i Kanyinya… Kare kare mu gitondo...
Mu Bitaro bya Kibagabaga biri mu Murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo hari abarwayi ba COVID-19 babana n’abarwaza babo kandi bitemewe. Umwe muri bo avuga ko amaze hafi Icyumweru mu cyumba aba...
Mu ibaruwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yoherereje mugenzi we w’u Burundi akayishikirizwa na Minisitiri w’Intebe, yanditse mo ko ateganya kuzahura nawe. Ibaruwa Perezida Kagame yoherereje Ndayis...









