Igihe cy’ibizamini bya Leta bisoza uyu mwaka w’amashuri mu byiciro bitandukanye cyageze. Kuri uyu wa Mbere byatangiriye ku basoza amashuri abanza bagera ku 254,678, bikazakomereza ku bindi byiciro. Ni...
Polisi y’u Rwanda yafashe umugabo w’imyaka 48, wafatanwe ibilo 60 by’urumogi, udupfunyika twarwo 50, amacupa 652 y’amavuta yo kwisiga atemewe ya Mukorogo, amacupa 90 y’amavuta yo mu ...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga u Rwanda ruzakomeza gufata abazana ibiyobyabwenge n’ibindi byangiza ubuzima bw’Abanyarwanda. Avuga ko nta kindi Polis...
Hyundai Rotem yo muri Korea y’Epfo yatsindiye isoko rya miliyoni $296.5 ryo gutanga ibice bya gari ya moshi ikoresha amashanyarazi, bigenewe Tanzania Railway Corporation. Bizashyirwa mu muhanda ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abantu batanu bakekwaho ibyaha byo kurema umutwe w’abagizi ba nabi, kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya n’icyaha cyo gukora cyangwa gukoresha inyan...
Abayobozi bo mu Uganda barekuye Abanyarwanda 11 bari bamazeyo igihe bafunzwe mu buryo butubahirije amategeko. Iri tsinda rigizwe n’abagabo icumi n’umugore umwe. Abayobozi bo muri Uganda bagejeje bariy...
Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga ko yanditse mbere asaba kwe...
Icyo Taarifa yamenye ni uko hari ahantu henshi mu mujyi wa Kigali bari basanzwe bapima COVID-19 abaturage bagiye kwipimisha basanga nta bikoresho byo kubapima bihari. Hari umuturage umwe wahuye n̵...
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze Dr Lt Col Mpunga Tharcisse yavuze ko n’ubwo inkingo za COVID-19 zitanga ubushobozi bwo kutaremba, hari umwe mu bahawe inkingo zombi uri mu bitaro...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize, RSSB, cyashinjwe gushora amafaranga menshi mu mishinga itizwe neza, bikarangira iguye mu bihombo kandi bigaruka kuri Leta. Imwe mu mishinga igarukwaho ni iy’inyuba...









