Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko kuri uyu wa Gatanu zashyikirije Guverinoma y’u Burundi abarwanyi 19, bambutse umupaka bakagera ku butaka bw’u Rwanda mu buryo butemewe n’amategek...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yavuze ko abashinja u Rwanda gukoresha ikoranabuhanga rya Pegasus mu kuneka abarimo abayobozi bo mu mahanga, bari mu mugambi umaze iminsi wo gushaka...
Amakuru Taarifa ikesha umunyamakuru wa Flash FM wakurikiranye iburanisha ry’urubanza rwa mbere hagati ya mugenzi we bivugwa ko yakubiswe n’Umukuru w’Umudugudu, umushinjacyaha yavuze ko Komanda wa Poli...
Mu masaha ari imbere hagiye gutangira urubanza rw’Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi witwa Sam Kalisa uregwa gukubita umunyamakuru wa Flash FM ishami rya Nya...
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH) bikomeje gukorwamo impinduka, aho Dr. Edgar Kalimba wari umuyobozi wungirije w’ibi bitaro yasimbuwe na Frédéric Ngirabacu. Leta y’u Rwanda imaze igihe ishaka uko ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruburira abacuruzi kujya bashishoza bakirinda guhubukira abababwira ko babonye imari kandi iyo mari bita ko ishyushye ishobora kubahombya. Rubivuze nyuma yo gu...
Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bane bafite magendu y’imyenda ya caguwa, barimo kuyinjiza mu Rwanda banyuze mu nzira zitemewe, bavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bafashwe kuri uyu wa Kabi...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze kuhaga...
Thamim Ian Hakizimana uherutse kwicirwa mu Bwongereza atewe ibyuma ku wa Gatandatu tariki 24, Nyakanga, 2021yarashyinguwe. Yishwe n’itsinda ry’ingimbi zamuteze ajya ku ishuri. Yiciwe ahitwa Woolwhich ...
YARATWANDIKIYE: Nitwa Kantarama ndi Umunyarwandakazi. Iyi nyandiko nyituye ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugira ngo abazashobora kuyisoma muri bo bazumve ko ababyeyi babo basize mu Rwanda bab...









