Umwe mu baturage wari uciye ku muhanda uva Kigali ugana Rwamagana mu Burasirazuba yasanze imodoka y’ivatiri iri gushya ariko Polisi iratabara irayizimya. Yabitangarije kuri Twitter. Byabaye mu g...
Ubuyobozi bw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bwamenyesheje abantu batandukanye ko ibikorwa byo kurusura bitemewe kuri uyu wa Mbere, umunsi witezweho uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu wa Tanzania....
Louise Mushikiwabo yanditse kuri Twitter ko yizeye neza ko Madamu Yolande Makolo na Stephanie Nyombayire bazakora neza akazi baraye bahawe na Perezida Kagame. Yolande Makolo yaraye agizwe Umuvugizi wa...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umusore w’imyaka 24 afite ibilo 33 by’urumogi, agiye kurucuruza mu baturage. Yafatiwe mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi, aruvanye muri Repubulika...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe riravuga ko Madamu Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayi...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko mu Cyumweru kizatangira tariki 02, Kanama, 2021 hari Abanyarwanda bazakingirwa icyorezo COVID-19. Ni icyemezo kizashyirwa m...
Itangazo rya Minisiteri y’uburezi rimaze gusohoka ryamenyesheje Abanyarwanda bose ko ku wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 ari bwo abanyeshuri bazatangira igihembwe cya gatatu cy’amashuri. Ibi birareba ...
Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko cyane cyane Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi abagore 10 bari barahamwe n’icyaha cyo gukuramo inda. Hari izi...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umuyobozi mu kigo gishinzwe umutekano HIGH SEC CO. LTD ushizwe abarinda Ibitaro bya Gisenyi n’Ishuri rya E.S Gisenyi mu Karere ka Rubavu, akuriki...
Leta y’u Rwanda yongereye impamvu zishobora guhesha umunyamahanga ubwenegihugu nyarwanda, ariko ikaza uburyo bwo kubutanga nk’uko bigaragara mu itegeko rishya ryasohotse. Nk’uko bisanzwe, biremewe kug...









